.::RwandaIT.com | Amakuru n'amasomo y'Ikoranabuhanga::.

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Abinjira n’Abasohoka, ku wa 18 Gicurasi 2012 cyatangije ku mugaragaro uburyo bushya bwo kwinjira mu gihugu hakoreshejwe ikoranabuhanga, aho umuntu yinjira mu gihugu atabanje kubonana

Abashakashatsi b’abanyamerika mw’ikoranabuhanga rishya rigezweho babashije kubona ko ama smartphones cyangwa ama appareil afotora kuba yareba ibiri inyuma

Abantu benshi bifashisha Souris kugirango babe bakoresha Mudasobwa aho turavuga kubantu badafite mudasobwa zigendanwa (Laptop) aho bakenera Souris cyane.

Kuri ubu, isi yuzuwe n’abo bantu bavugwaho kwinjira mu mabanga akomeye biciye mu ikoranabuhanga ahanini rikoresha

Nkuko twese tuzi ko telephone ari igikoresho kifashishwa cyane cyane mw’itumanaho uretse ibyo hari ibindi telephone yagufashamo bitewe ni iyariyo cyangwa imikorere yayo.
Gusa uno munsi twabazaniye amwe mu mabanga

Benshi mu bakoresha mudasobwa bajya bahura n’ikibazo cy’udusaku bakunze kwita “bips”,rimwe na rimwe utwo tu bips dushobora kudatuma akazi kawe uri gukorera kuri mudasobvwa kadacamo neza cyane cyane kubantu

Ni kenshi bamwe mu batwara ibinyabiziga bibwa n’agatotsi mu gihe bakiri kuri diregisiyo, ibi bikabyara zimwe mu mpanuka zihitana ubuzima bwa benshi; ubu noneho iki kibazo cyabonewe umuti n’ikoranabuhanga rikataje nyuma yo

Urubuga ruzwi cyane kw’izina rya “Google” ni rumwe mu mbuga zisurwa cyane kw’isi yose,gusa benshi muri twe ntabwo bazi aho izina “Google” rikomoka ndetse n’icyo risobanura.

Muraho neza!,Ubushize twabambwiye Amabanga ya telefone za Nokia igice cya 1,none ubu tukaba tugiye gukurikira igice cya 2 munsi aha.
Nkuko twese tuzi ko telephone ari igikoresho kifashishwa cyane cyane mw’itumanaho